Home General news Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse
General news

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1528 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1517 naho mazutu litiro iva ku 1518 Frw, ishyirwa kuri 1492 Frw.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwavuze koi bi biciro bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere guhera tariki 2 Kamena 2023 saa moya z’ijoro.

RURA yatangaje ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.”

Inkuru ya Igihe

 

 

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

EducationGeneral newsSlider

NESA Sets August 20 for 2025/2026 Primary, O-Level Examination Results

Rwanda’s National Examination and School Inspection Authority (NESA) will announce the results...

Climate changeEnvironmentGeneral newsSlider

Rwanda to Experience Dry, Sunny Conditions in Second Dekad of August

Rwanda is expected to experience predominantly dry weather with sunny intervals during...