Home General news Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse
General news

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1528 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1517 naho mazutu litiro iva ku 1518 Frw, ishyirwa kuri 1492 Frw.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwavuze koi bi biciro bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere guhera tariki 2 Kamena 2023 saa moya z’ijoro.

RURA yatangaje ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.”

Inkuru ya Igihe

 

 

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Climate changeEnvironmentGeneral newsHealthSlider

A Climate Crossroads: 2025 Set to Be the 2nd or 3rd Warmest Year on Record

As global leaders meet at COP30 in Belém, a new update from...

Climate changeEnvironmentGeneral newsSlider

Rwanda Braces for Mixed Weather as November Ends

As November comes to a close, Rwanda is preparing for a mix...

Climate changeEnvironmentGeneral newsSlider

Rwanda to Showcase Ambitious Climate Action at COP30 in Belém, Brazil

As global attention turns to the Amazon basin this November, Rwanda is...

BusinessGeneral newsSlider

ISO and ARSO Sign Landmark Kigali Agreement to Strengthen Standards and Boost Trade Across Africa

In a move hailed as a milestone for Africa’s economic integration, the...