Home General news Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse
General news

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1528 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1517 naho mazutu litiro iva ku 1518 Frw, ishyirwa kuri 1492 Frw.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwavuze koi bi biciro bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere guhera tariki 2 Kamena 2023 saa moya z’ijoro.

RURA yatangaje ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.”

Inkuru ya Igihe

 

 

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

EducationGeneral newsSliderWomen

Girls’ Success in National Exams Highlights Rwanda’s Education Gains

On Tuesday, August 19, 2025, the Ministry of Education (MINEDUC) released the...

BusinessGeneral newsSlider

Rwanda Opens Doors for Private Sector to Provide Metrology Services

In a move to boost private sector participation and enhance the quality...