Home General news Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse
General news

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanyutse, aho lisansi yavuye ku 1528 Frw kuri litiro, igashyirwa ku 1517 naho mazutu litiro iva ku 1518 Frw, ishyirwa kuri 1492 Frw.

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA), rwavuze koi bi biciro bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere guhera tariki 2 Kamena 2023 saa moya z’ijoro.

RURA yatangaje ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje kugaragara ku isoko mpuzamahanga.”

Inkuru ya Igihe

 

 

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

BusinessEducationGeneral newsSlider

From Assessment to Action: How Ethical AI Can Truly Help People in Rwanda

Rwanda is stepping into the world of artificial intelligence, but not in...

EducationGeneral newsSlider

63,090 Students Put Skills to the Test as National Practical Exams Begin

Across Rwanda, over 63,000 senior secondary school students are taking part in...

General newsSliderWomen

Rwanda Launches RS 560:2023 – A New Standard for Gender Equality and Accountability

In a major step toward institutionalizing gender equality across Rwanda, key stakeholders...