Health

HealthSlider

Gukoresha ‘Drone’ muri Gasabo byagabanyije 80% ya Malariya mu mezi atatu gusa”- Dr Sabin Nsanzimana

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko ikoreshwa ry’utudege duto twa “drone” ryagabanyije 80% bya Malariya mu karere ka Gasabo, mu gihe kitarenze...

HealthSlider

Kwivuza amenyo bihenze kurusha kugura “korogate”- Mukabahire Beatha, SOS Children’s Villages Rwanda

Kuri iki Cyumweru tariki 24 Werurwe 2024, mu bukangurambaga bugendanye no kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga Wahariwe Ubuzima bwo mu Kanwa, aho insanganyamatsiko y’uyu mwaka...

EnvironmentHealthSlider

Research has shown that trees and gardens speed up the patients’ recovery

Dr Nsabimana Sabin, Minister of Health, said that in many clinics, trees and gardens have made it easier for patients to recover quickly...

EnvironmentHealthSlider

Ubushakashatsi bwerekanye ko ibiti n’ubusitani byihutisha ugukira kw’abarwayi

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yavuze ko henshi mu mavuriro abamo ibiti, byorohereza abarwayi kubera baba bahumeka umwuka mwiza, ndetse bikanafasha abafite ibibazo...

HealthSlider

Abafite ubumuga barifuza ko Leta yabishyurira 50% ku nsimburangingo n’inyunganirangingo

Bamwe mu bafite ubumuga baracyagorwa no kubona serivisi zigendanye no kubona insimburangingo n’inyunganirangingo ahanini kubera amikoro, dore ko serivisi z’ubu buvuzi zidakoresha ubwishingizi,...

EnvironmentHealth

Abantu bavukira mu cyaro baba bafite amahirwe menshi yo kutagira “allergies”

Abantu bavukira mu cyaro, ahaba imirima n’amatungo, baba bafite amahirwe menshi yo kutagira uburwayi buterwa na “Allergies” (soma areriji) kurusha abantu bavukira bakanaba...

EnvironmentHealthSlider

Les personnes vivant dans les fermes ont plus de chances de ne pas avoir des allergies

Les personnes vivant dans les fermes ont souvent tendance à avoir plus de chance de ne pas avoir des allergies que des personnes...

HealthSlider

Amajyaruguru: Inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge zaba zikomeje gutiza umurindi uburwayi bwo mu mutwe?

Ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga w’Ubuzima bwo mu Mutwe mu Ntara y’Amajyaruguru by’umwihariko mu karere ka Burera, kuwa Kabiri tariki 17 Ukwakira, umunsi ubusanzwe...

EnvironmentHealthSlider

¾ by’ibibazo byo mu mutwe bitangira umuntu afite imyaka iri munsi ya 25

Ni kenshi bivugwa ko “Urubyiruko ari ahazaza h’igihugu”, ndetse mu bihugu bimwe na bimwe harimo n’u Rwanda ugasanga “Urubyiruko ni amaboko y’igihugu”, bisobanuye...

EnvironmentGeneral newsHealthSlider

25% by’inkingo ku isi zipfa zitaragera kubo zigenewe

Ku isi yose, umubare ugera kuri 25 ku ijana w’inkingo zipfira mu nzira zitari zagera kubo zigenewe, ibi bigatuma bamwe batabasha kubona ubuvuzi...